Sunday, June 10, 2012

Ngororero: DOT Rwanda yatanze impamyabumenyi


Ngororero: DOT Rwanda ikomeje guhugura abaturage kubijyanye no kwihangira imirimo n’ikoranabuhanga

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 02 Kamena 2012 nibwo umuryango DOT Rwanda (Digital Opportunity Trust Rwanda) uhugurira abaturage bo mu karere ka Ngororero muri BDS Ngororero, watanze impamyabumenyi kubahuguwe bagera kuri 62 mu bijyanye n’ikoranabuhanga no kwihangira imirimo, aba bakaba ari ikiciro cya kane kirangije gukurikirana aya mahugurwa uhereye igihe batangiriye imirimo yabo kuri aka karere.

Uyu muryango ugamije gutanga ubumenyi butandukanye mubijyanye n’ikoranabuhanga mu itumanaho, ubumenyi mu bucuruzi no guteza imbere imibereho myiza, ibi bikaba bigezwa kubaturage b’ingeri zose binyuze mu mahugurwa akurikiranywa n’ababishatse bose mu gihe kingana n’ukwezi (iminsi 30).

Aya mahugurwa atangwa nta kiguzi, ahubwo ushaka kuyahabwa asabwa mbere na mbere kugira ubushake muri we ubundi akajya yitabira amasaha n’iminsi asabwa kuyakurikira hanyuma agahabwa impamyabumenyi iyo asojeje aya mahugurwa.

Aya mahugurwa ni ingirakamaro kubyiciro by’abaturage bitandukanye kuko agamije guteza imbere imyumvire yabo ndetse no guhindura imikorere bongera ubushobozi mu byo bakora kandi bakabikora bafite icyerekezo kandi bagamije no kwiteza imbere. Mu bice by’icyaro usanga ahanini ikoranabuhanga ritarasakara henshi bityo benshi mubakurikirana aya mahugurwa bakaba bavugako rwose bashimira cyane uyu muryango kuko ubagobotse ukaba ubitayeho muguteza imbere ubumenyi bwabo, doreko ubu ushatse kwiga kuri barwiyemezamirimo ibijyanye n’ikoranabuhanga muri aka karere ntibyaguhagarara munsi ya 30,000 ku kwezi.

Tuganira n’umwe mubari barangije gukurikirana aya mahugurwa Beline Abiyingoma yagize ati “Aya mahugurwa ansigiye akamaro kanini cyane, kuko ubu naje ntazi kuba nagira ubushakashatsi nkora kuri interineti, ariko ubu ngize amakuru atandukanye nshaka kumenya nize buryo ki nshobora kujya kuri interineti nkayashakisha nkayabona, n’ikindi kandi nahakuye ubumenyi bwinshi muburyo nshobora kwihangira umurimo ngendeye kumahirwe ankikije kandi nkawukurikira ukambyarira umusaruro ufatika, mbese ndashima cyane DOT Rwanda yibutseko dukeneye ubu bumenyi kandi ikaba ibuduha ntakiguzi”.

Uwari uhagarariye akarere ka Ngororero muriki gikorwa cyo gutanga impamyabumenyi kubari barangije gukurikirana aya mahugurwa Jean Paul yabasabye kujya gushyira mu bikorwa ubumenyi bakuye muri aya mahugurwa kandi bagashishikariza na bagenzi babo kuza kwitabira aya mahugurwa kuko ari amahirwe adasanzwe babonye, bityo akaba agira ati “Nibyiza kuri mwe ariko nanone nibyiza kuri aka karere kuko nako kahazamukira iyo abaturage bako bajijutse bakabasha kwiteza imbere”.

Ibi bikorwa nk’ibi bya DOT Rwanda bikaba bizakomeza muri aka karere ka Ngororero kugeza mu kwezi kwa Nzeri 2012.


Thursday, June 7, 2012

Tumenye Bull Dogg

Amwe mu mateka ya Bull Dogg kugeza 2011
NDAYISHIMIYE MALIK Bertrand umenyerewe nka BULLDOGG yavutse tariki ya 16/09/1988 akaba ari umwe mu bahanzi baririmba mu njyana ya hip hop bakomeye muri ino minsi cyane cyane n’umwihariko we wa old skool”ishuri rya kera”.

Akorera muri groupe ya tuff gangs hamwe na bagenzi be nka P FLA,GREEN P(uyu akaba ari murumuna wa the BEN) JAY POLLY na FIREMAN aka KIBIRITI.

BULLDOGG yamenyekanye cyane mu mwaka wa 2008 ubwo yasohoraga indirimbo KU MUNSI W’IMPERUKA igakundwa cyane bitewe no gukoresha amagambo bita ‘slang’amenyerewe ku banyamerika. Nyuma yasohoranye iyitwa “IMFUBYI” na THE BEN irakundwa ndetse irakinwa ku maradio atandukanye haba mu mugi wa Kigali ndetse na hanze yawo.ubu Bulldogg yiga muri Kaminuza y’u Rwanda muri LITTERATURE.

Ku bujyanye n’uko hari ukumvikana guke kwagaragaye kuri BLACK N WHITE hagati ye na PACSON, LICK LICK na MURENZI, yavuze ko PACSON na LICK LICK bashaka kwivanga mu mikorere ya crew bashaka kubacamo ibice ngo ariko ntabwo bazi imikorere ya tuff gangs.

Ubu akaba yitegura gusohora indirimbo yitwa "bitch nigga" gusa yanateganyaga no gukora na clip kubera ibibazo byavutse bavuga ngo ndafunze cyangwa ngo navuye muri crew yabaye abihagaritse kandi ngo nta muntu n’umwe wo muri TUFF GANGS bafitanye ikibazo.
kurubu akaba ari mubahanzi 10 bahatanira PGGSS

Sunday, June 3, 2012

Important things in Lifetime

This can Help you in your lifetime!

Iyumvire nawe ibyaya materime Umukecuru yari ari muri taxi hinjiramo umugabo warufite amatiyo maremare bagiye kuyacisha munsi y intebe convoyeur ati: mukecu tandukanya amaguru twisesekeremo iboro ? umukecuru asohokamo yitonganya ati : uransesekamo iyo ntindi yawe se muzehe wajye ntampagije !!!

Birenga umuntu kuko ntabusobanuro bwumvikana bigira ariko ntibikakubabaze cg ngo bigutere urujijo igihe uwo ukunda yaguciye inyuma cg akakureka ngo asanze undi kuko burya niyo wakora iki, ntushobora kumvisha inkende ko ubuki buryoha kurusha umuneke.
Trois fous sont dans un bateau. Le premier s'appelle "Fou", le deuxième "Personne" et le troisième "Rien". Personne tombe dans l'eau. Rien dit a Fou d'appeller les secours. Celui-ci prend son portable et téléphone aux pompiers :
Quand les secours répondent Fou leur dit : - Bonjour je suis Fou, j'appelle pour Rien, parce que Personne est tombé à l'eau
Etre soi meme sans pretention est la plus belle des vertus et ,le rester dans ce monde est la marque d'un courage absolu.

Agaciro k'igihe aguha kangana n'agaciro k'ibyo yigomwe muri icyo gihe! Nimuhura ujye umubaza icyo yararimo gukora cg yagombaga kuba akora muri icyo gihe uzamenya agaciro ufite imbere ye!

"When you forgive...you heal, when you let go....you grow, when you cry out to God...you surrender, when you love unconditionally...you show others Christ's love"

" Life is not  shortcut! But sweet! " Correction does much, but encouragement does more.

It's not about the destination, it's about the journey. In the end we all die but it's the life we live that matters.

The principle goal of education is to create men who are capable of doing new things, not simply of repeating what other generations have done - men who are creative, inventive and discoverers...but every accomplishment starts with the decision to try...and doing your best means never stop trying...You just never give up, no matter how hard the challenges are...so Never give up on your dream... because you never know what the Lord can bless you with!

The law is not the private property of lawyers, nor is justice the exclusive province of judges and juries. In the final analysis, true justice is not a matter of courts and law books, but of a commitment in each of us to liberty and mutual respect. That said, the question remains: how to strike the balance between free speech and mutual respect in this mixed-up world, both blessed and cursed with instant communication? We should not fight fire with fire, threats with threats.

Undivided attention is the one single most significant gesture of love a woman can bank on from a man she loves. If she doesn't have this then she better be sure she doesn't have his heart!

Allah Has Not Given The Wealth To Enjoy ! And Think That All Money I Have Is Mine ! (No) Allah Has Given To Give ! Its Very Simple To Say May Allah Help The Poors And Have Mercy On Them ! Allah Can Give But Allah Is Watching The Wastage Of Money ! And In The Day Of Judjement Allah Will Ask Where You Spend All Your Wealth That I Gave You !

Think About It !